Ngororero: hari amahirwe yo kwigira ku murimo (Work Place Learning)
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick ari kumwe n'intumwa za Minisiteri y'Abakozi ba Leta n'Umurimo ziyobowe na Bwana
Umuhoza Patrick, yayoboye inama yerekeye gahunda yo kwigira ku murimo Workplace Learning Policy (WPL)
Iyi gahunda iri mu cyerekezo kigari cya Leta y'u Rwanda NST2 kirimo guhanga imirimo by'umwihariko iy'urubyiruko.
Gahunda ya WPL yiganjemo ibice bikurikura:
Industrial attachment, internship, apprenticeship, recognition 0f Prior Learning (RPL).
Nk'uko intumwa ya MIFOTRA yabivuze inyungu ziri muri WPL ni nyinshi zirimo:
Ubumenyi burushaho kuzamuka, guhanga imirimo no kugabanya ubukene.
Muri iyi nama umuyobozi w'ishami rya BDE yagaragaje amahirwe yafasha urubyiruko kubona aho rwimenyereza umwuga n’ibiteganijwe gukorwa mu kwihutisha ishyirwamubikorwa ry'iyi gshunda birimo gushyiraho itsinda rishinzwe ikurikurana ku rwego rw'Akarere.
Ba rwiyemezamirimo batandukanye biyemeje gushyigikira gahunda ta WPL bakira abaje kwimenyereza umwuga by'umwihariko urubyiruko.
Mu Karere ka Ngororero hizihijwe umunsi wahariwe ingo mbonezamikurire (ECD DAY) no kurwanya igwingira. Igikorwa cyabereye mu murenge wa Kabaya.…
Uyu munsi mu murenge wa Kavumu habaye igikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro umushinga wa CACCE ugamije gufasha abaturage guhangana n’imihindagurikire…
Abakozi b'Akarere ka Ngororero bari kumwe na Komite Nyobozi y'Akarere n'abayobozi b'inzego z'umutekano bizihije ibirori by'Umunsi Mpuzamahanga…
Mu ma Paroisse Gatolika yo mu Karere ka Ngororero habereye ibirori byo gusoza icyumweru cyahariwe uburezi Gatolika ku nsanganyamatsiko igira iti:…
Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…