Ngororero: Abaturage bibukijwe kwimakaza umuco w'ibiganiro mu miryango yabo
Uyu munsi hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'umuryango ufite insanganyamatsiko igira iti: "Ibiganiro byiza, ireme ry'umuryango."
Ibirori byabereye mu murenge wa Matyazo byitabiriwe n'umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe n'abayobozi b'inzego z'umutekano.
Ubutumwa bwatanzwe:
- Uruhare rw'umuturage mukwicungira umutekano
- Uruhare rw'umuryango mu iterambere ry'igihugu
-Kwirinda amakimbirane mu muryango
-Ubukangurambaga kuri gahunda za Leta:
-MUSA 2026-2027
-EJO HEZA
-Isuku n'isukura
-Kurwanya imirire mibi
-kurwanya Inzoga z'inkorano
-Kurwanya ubuzererezi
-Kubaka ubumwe n'ubudaheramwa bw'Abanyarwanda.
Umuyobozi w'Akarere yibukije abaturage kwimakaza ibiganiro hagati y'abagize umuryango no kubaka umuryango ushoboye kandi utekanye.
Nyuma hakiwe ibyifuzo n'ibitekerezo by'abaturage bihabwa umurongo.
Uyu munsi hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'umuryango ufite insanganyamatsiko igira iti: "Ibiganiro byiza, ireme ry'umuryango."
Ibirori byabereye mu…
Mu Karere ka Ngororero hizihijwe umunsi wahariwe ingo mbonezamikurire (ECD DAY) no kurwanya igwingira. Igikorwa cyabereye mu murenge wa Kabaya.…
Uyu munsi mu murenge wa Kavumu habaye igikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro umushinga wa CACCE ugamije gufasha abaturage guhangana n’imihindagurikire…
Abakozi b'Akarere ka Ngororero bari kumwe na Komite Nyobozi y'Akarere n'abayobozi b'inzego z'umutekano bizihije ibirori by'Umunsi Mpuzamahanga…
Mu ma Paroisse Gatolika yo mu Karere ka Ngororero habereye ibirori byo gusoza icyumweru cyahariwe uburezi Gatolika ku nsanganyamatsiko igira iti:…
Abakozi barenga 200 baturutse mu Kigo gishinzwe iterambere ry'ubwikorezi mu Rwanda (RTDA) bayobowe n'Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri…
Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…