Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe n'intumwa za Collectif des Ligues et Associations de Defense des Droits de l'Homme au Rwanda (CLADHO), World Vision Tunga Cluster, n'iza Citizen Voice and Action.
Uyu wabaye umwanya wo kungurana ibitekerezo ku byavuye mu biganiro n'abaturage bo mu tugari tugize umurenge wa Nyange. Harimo inyubako z'amwe mu mashuli zitajyanye n'igihe, amazi n'amashanyarazi bitaragera kuri bose, ruhurura iva ku muhanda wa Kaburimbo ibangamiye bamwe mu baturage b'Akagari ka Kaseke.
Haganiriwe kandi kw’ireme rya serivisi z’uburezi, gahunda ya school feeding, amazi meza, isuku n’isukura, hareberwa hamwe ibyagezweho,
imbogamizi zikigaragara ndetse n’ingamba zo kurushaho .kunoza izi serivisi.
Habayeho kandi kuganira n’Abanyeshuri ba GS Nyange bagize WASH and Nutrition Club ndetse no kureba ibikorwa imaze kugeraho; kuganira n’abanyeshuri bose ku bijyanye n’isuku n’isukura no kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana no kubaha impanuro.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…