Umurenge wa Nyange: CLADHO yasuye WASH and Nutrition Club yo muri GS Nyange
Mu rwego rwa gahunda y'Ijwi ry'Umuturage mu bimukorerwa, Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe yakoreye mu Murenge wa Nyange aho yari kumwe n'intumwa za Collectif des Ligues et Associations de Defense des Droits de l'Homme au Rwanda (CLADHO), World Vision Tunga Cluster, n'iza Citizen Voice and Action.
Uyu wabaye umwanya wo kungurana ibitekerezo ku byavuye mu biganiro n'abaturage bo mu tugari tugize umurenge wa Nyange. Harimo inyubako z'amwe mu mashuli zitajyanye n'igihe, amazi n'amashanyarazi bitaragera kuri bose, ruhurura iva ku muhanda wa Kaburimbo ibangamiye bamwe mu baturage b'Akagari ka Kaseke.
Haganiriwe kandi kw’ireme rya serivisi z’uburezi, gahunda ya school feeding, amazi meza, isuku n’isukura, hareberwa hamwe ibyagezweho,
imbogamizi zikigaragara ndetse n’ingamba zo kurushaho .kunoza izi serivisi.
Habayeho kandi kuganira n’Abanyeshuri ba GS Nyange bagize WASH and Nutrition Club ndetse no kureba ibikorwa imaze kugeraho; kuganira n’abanyeshuri bose ku bijyanye n’isuku n’isukura no kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana no kubaha impanuro.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa Koperative Umuganga Sacco, intumwa ya Minisiteri y'Ubuzima, yayoboye inama…
Mu karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. Uyu munsi igikorwa cyabereye ku rwibutso…
Mu murenge wa Ndaro k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire…