Ngororero: abakozi b'Akarere bahuguwe ku myubakire y'Itorero mu mudugudu
Kuri uyu wa mbere tariki 25/11/2019 mu nama ihuza abakozi n'abayobozi buri gitondo hatanzwe ikiganiro ku mitere y'itorero mu mudugudu. Ikiganiro cyatanzwe n'Umutahira w'Intore mu karere ka Ngororero madame Mukantabana Odette. Cyakurikiwe n'abakaozi bose nyuma haza kuba umwanya w'ibibazo. Nyuma yo gusobanukirwa basabwe gukwirakwiza ubumenyi bahawe mu midugudu ahahurira abaturage benshi nko mu muganda, mu nteko zabo no mu nama zinyuranye.
Imyubakire y’itorero ry’umudugudu:
Itorero ry'umudugudu rifite umutwe ariwo Akagari. Rifite amasibo y'intore 2 harimo isibo igizwe n'ingo hagati ya 15 na 20. Iyi sibo irimo ingamba 6:
1. Ingamba y'ibirezi: imyaka hagati ya 0 na 5;
2. Ingamba y'imbuto: imyaka hagati ya 6 na 12
3. Ingamba y'indirira: imyaka hagati ya 13 na 18
4. Ingamba y'indahangarwa hagati ya 19 na 35
5. Ingamba y'ingobokarugamba (36-55)
6. Ingamba y'inararibonye hagati ya 56 no kuzamura


Zimwe mu ngamba z'intore mu mudugudu
ABATOZA B’INTORE-1
Abatoza b’Ingamba z’Intore
1. Intebe y’Ibirezi
2. Intebe y’imbuto
3. Intebe y’indirira
4. Intebe y’indahangarwa
5. Intebe y’ingobokarugamba
6. Intebe y’inararibonye
Abatoza b’Isibo y’intore
1. Umutwarasibo.
2. Intebe z’Ingamba uko ari 6
3. Umutoza w’umuganura
4. Umutoza w’isuku n’imirire iboneye.
5. Umutoza w’umuco n’uburere
mu miryango
6. Umutoza w’intambwe y’intore.
ABATOZA B’INTORE-2
Itorero ry’Umudugudu
1. 1. Intore yo ku mukondo ishinzwe urugerero rw’amasibo y’intore
2. 2.Abatwarasibo
3. 3.Umutoza w’Umuganura
4. 4.Umutoza w’ Urubohero: Iby'iwacu
5. 5.Umutoza w’ Intambwe y’intore
6. 6.Umutoza w’ Isuku n’imirire iboneye
7. 7.Umutoza w’ Umuco n’uburere mu miryango
8. 8.Umutoza w’imyitozo ngororamubiri n’ubuzima buzira umuze.
9. 9. Umutoza w’ Umugoroba w’ababyeyi
10 10.Umutoza w’ Agaciro TV
11.Umusuzumyi Mukuru
Umutwe w’Intore/Akagari
1. 1. Umutware w’ umutwe w’intore: Perezida w’Inama Njyanama y’Akagali.
2. 2.Intebe y’Umutware w’ umutwe w’intore ushinzwe umuganura: ES w’Akagali.
3. 3.Ushinzwe kubaka amatorero y’Imidugudu akora neza na JOC: SEDO.
4. 4.Intore zo ku mukondo z’Amatorero y’Imidugudu igize Akagari.




Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…