Ngororero: abakozi b'Akarere bahuguwe ku myubakire y'Itorero mu mudugudu

Kuri uyu wa mbere tariki 25/11/2019 mu nama ihuza abakozi n'abayobozi buri gitondo hatanzwe ikiganiro ku mitere y'itorero mu mudugudu. Ikiganiro cyatanzwe n'Umutahira w'Intore mu karere ka Ngororero madame Mukantabana Odette. Cyakurikiwe n'abakaozi bose nyuma haza kuba umwanya w'ibibazo. Nyuma yo gusobanukirwa basabwe gukwirakwiza ubumenyi bahawe mu midugudu ahahurira abaturage benshi nko mu muganda, mu nteko zabo no mu nama zinyuranye.

Imyubakire  y’itorero ry’umudugudu:

Itorero ry'umudugudu rifite umutwe ariwo Akagari. Rifite amasibo y'intore 2 harimo isibo igizwe n'ingo hagati ya 15 na 20. Iyi sibo irimo ingamba 6:

1. Ingamba y'ibirezi: imyaka hagati ya 0 na 5;

2. Ingamba y'imbuto: imyaka hagati ya 6 na 12

3. Ingamba y'indirira: imyaka hagati ya 13 na 18

4. Ingamba y'indahangarwa hagati ya 19 na 35

5. Ingamba y'ingobokarugamba (36-55)

6. Ingamba y'inararibonye hagati ya 56 no kuzamura

                                     Zimwe mu ngamba z'intore mu mudugudu

ABATOZA B’INTORE-1

Abatoza  b’Ingamba z’Intore

1.       Intebe y’Ibirezi                                                     

2.       Intebe yimbuto

3.       Intebe y’indirira

4.       Intebe y’indahangarwa

5.       Intebe y’ingobokarugamba

             6.    Intebe y’inararibonye

Abatoza b’Isibo y’intore

1.       Umutwarasibo.

2.       Intebe  z’Ingamba uko ari 6

3.       Umutoza w’umuganura

4.       Umutoza w’isuku n’imirire iboneye.

5.       Umutoza w’umuco n’uburere

mu miryango

6.       Umutoza w’intambwe y’intore.

 ABATOZA B’INTORE-2

 Itorero  ry’Umudugudu

1.      1. Intore yo ku mukondo ishinzwe urugerero rw’amasibo y’intore

2.       2.Abatwarasibo

3.       3.Umutoza  w’Umuganura

4.       4.Umutoza  w’ Urubohero: Iby'iwacu

5.       5.Umutoza  w’ Intambwe y’intore

6.       6.Umutoza  w’ Isuku n’imirire iboneye

7.       7.Umutoza  w’ Umuco n’uburere mu miryango

8.       8.Umutoza  w’imyitozo ngororamubiri n’ubuzima buzira umuze.

9.      9. Umutoza  w’ Umugoroba w’ababyeyi

10  10.Umutoza  w’ Agaciro TV

11.Umusuzumyi Mukuru

Umutwe w’Intore/Akagari

1.       1. Umutware w’ umutwe w’intore: Perezida w’Inama Njyanama y’Akagali.

2.        2.Intebe y’Umutware w’ umutwe w’intore ushinzwe umuganura: ES w’Akagali.

3.        3.Ushinzwe kubaka amatorero y’Imidugudu akora neza na JOC: SEDO. 

4.        4.Intore zo ku mukondo z’Amatorero y’Imidugudu igize Akagari.

 



Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->