Ngororero: ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira ikwirakwira rya Coronavirus burakomeje
Mu Karere ka Ngororero kimwe no mu tundi turere ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira ikwirakwira rya COVID-19 burakomeje. Kuri uyu wa 19/09/2020 bwakomereje mu mirenge yose by'umwihariko mu masoko manini y'umurenge wa Gatumba, Ngororero na Kabaya.
Ibyakozwe
Ubukangurambaga bwo kwirinda no gukumira ikwirakwira rya COVID19 bwakorewe mu masoko, centres z'ubucuruzi n'ibigo abagenzi bategeramo imodoka na moto
Aho byakorewe:
mu masoko yaremye uyu munsi :
- mu murenge wa Gatumba: Cyome
- mu murenge wa Ngororero: Ngororero
- mu murenge wa Hindiro: Buyungu
- mu murenge wa Kabaya: Kabaya
Hose abaturage bakanguriwe gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 hifashishijwe irdangururamajwi (megaphones)
Ubutumwa bwatanzwe
1- Kwambara agapfukamunwa gafite isuku kandi neza,
2- Gukaraba intoki hakoreshejwe amazi meza n'isabune,
3- Guhana intera nibura ya metero 1 hagati y'umuntu n'undi,
4- Kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga
5-Kwirinda ingendo zitari ngombwa.
6- Kubahiriza isaha yagenewe yo kuba buri wese yageze mu rugo
7- Kwirinda gukora utubari mu ngo.
Abatanze ubutumwa
- Mayor NDAYAMBAJE Godefroid
- DPC CIP MUNYANEZA Elvis
- Sgt Major HABIYAKARE Issa
- DPCIO IP MUGENZI Jean Bosco
- DASSO Coordinator MUNYANEZA Telesphore.
Abaturage bagaragaye bambaye nabi agapfukamunwa bashyizwe hamwe bibutswa uko kambarwa banihanangirizwa kubahiriza amabwiriza uko ari.




Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…