Ngororero:" Kutagira isuku ni ukwitesha agaciro"- Ubuyobozi
Uyu munsi kuwa 22/11/2019 icyumweru cyahariwe gukaraba intoki no kugira ubwiherero bumeze neza ku rwego rw'akarere cyasozerejwe mu murenge wa MATYAZO akagari ka Rwamiko ku nsanganyamatsiko igira iti 'isuku yanjye agaciro kanjye. Tubungabunge ubuzima bwacu ". Cyateguwe ku bufatanye bw'akarere ka Ngororero World Vision, RBC, minisiteri y'ubuzima, Unicef na USAID. na SFH.


Intumwa ya World Vision Jerome Sezibera yavuze ko umuryango utagira isuku uteza akaga abaturanyi bose kuko indwara zituruka ku mwanda zikwirakwira vuba. Naho umuyobozi w'ishami ry'ubuzima Mme Mukamana Soline wari uhagarariye umuyobozi w'akarere yabwiye imbaga y'abitabiriye igikorwa ko umuntu udafite isuku aba yitesha agaciro.
Umunsi wasusurukijwe n'abakinnyi b'ikinamicko barimo abitwa Ndimbati, Digidigi, Nyiramana na Sipransiya bakina muri Seburikoko na Papa Sava. Abaturage banyuzwe n'amasomo aba bakinnyi batanze.

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…