Ngororero:" Kutagira isuku ni ukwitesha agaciro"- Ubuyobozi
Uyu munsi kuwa 22/11/2019 icyumweru cyahariwe gukaraba intoki no kugira ubwiherero bumeze neza ku rwego rw'akarere cyasozerejwe mu murenge wa MATYAZO akagari ka Rwamiko ku nsanganyamatsiko igira iti 'isuku yanjye agaciro kanjye. Tubungabunge ubuzima bwacu ". Cyateguwe ku bufatanye bw'akarere ka Ngororero World Vision, RBC, minisiteri y'ubuzima, Unicef na USAID. na SFH.


Intumwa ya World Vision Jerome Sezibera yavuze ko umuryango utagira isuku uteza akaga abaturanyi bose kuko indwara zituruka ku mwanda zikwirakwira vuba. Naho umuyobozi w'ishami ry'ubuzima Mme Mukamana Soline wari uhagarariye umuyobozi w'akarere yabwiye imbaga y'abitabiriye igikorwa ko umuntu udafite isuku aba yitesha agaciro.
Umunsi wasusurukijwe n'abakinnyi b'ikinamicko barimo abitwa Ndimbati, Digidigi, Nyiramana na Sipransiya bakina muri Seburikoko na Papa Sava. Abaturage banyuzwe n'amasomo aba bakinnyi batanze.

Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa Koperative Umuganga Sacco, intumwa ya Minisiteri y'Ubuzima, yayoboye inama…
Mu karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. Uyu munsi igikorwa cyabereye ku rwibutso…
Mu murenge wa Ndaro k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire…