Ngororero: Komisiyo y'Ingengo y'Imari n'Umutungo bya Leta yasuye Akarere
Itsinda ry'abadepite bo muri Komisiyo y'Ingengo y'Imari n'Umutungo bya Leta riyobowe na Hon. Nizeyimana Piyo basuye Akarere ka Ngororero aho baje mu gikorwa ngarukamwaka cyo gusuzuma imikoreshereze y'ingengo y'imari y'Akarere.
Basuzumye aho igeze ikoreshwa mu gihe cy'amezi 6 ashize y'umwaka w'ingengo y'imari wa 2025-2026, imikoreshereze yayo mu kubahiriza ihame ry'uburinganire, ibikorwa biteganijwe kuziyongera mu ngengo y'imari ivuguruye,...
Bakomeje uruyzinduko rwabo bareba bimwe mu bikorwa by'iterambere nka Ngororero Polyclinique. Banasuye amwe mu mazu yubakiwe abasenyewe n'ibiza.
Bakiriwe n'Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'abandi bagize Komite Nyobozi y'Akarere, Umunyamabanga w'Inama Njyanama y'Akarere, Umunyamabanaga Nshingwabikorwa w'Akarere, abayobozi b'Inzego z'Umutekano, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'imirenge, bamwe mu bafatanyabikorwa b'Akarere n'abakozi b'Akarere.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…