Ngororero: "Itorero ry'umudugudu rirakora neza." NIC

Lt Col Migambi atangiza inama
Uyu munsi tariki ya 30/10/2019, itsinda riyobowe na V/President wa NIC (National Itorero Commission) Bwana Lt Col.Desiré MIGAMBI guhera 10h00 -15h00 basuye Akarere ka Ngororero.Bakiriwe n'umuyobozi w'Akarere Bwana NDAYAMBAJE Godefroid ari kumwe na V/M Asoc Madame Mukunduhirwe Benjamin
Hakoze inama mpuzabikorwa y'Itorero ry'Igihugu yaguye irimo Komite nyobozi y'Akarere, inzego z'umutekano, abanyamabanga nshingwabikorwa b'imirenge, abakozi bashinzwe irangamimerere mu mirenge na ba perezida b'inama njyanama z'utugari, abakozi b'akarere mu ishami ry'imiyoborere myiza.
Intego y'inama yari kureba uko itorero ry'umudugudu rikora mu karere ka Ngororero.
Umuyobozi w'Akarere yagaragaje muri presentation ibyagezweho mw' itorero ry'Akarere harimo uko abaturage bashyizwe mu masibo n'ingamba kandi bikaba bikora hanyuzwamo gahunda za Leta zose.
Bwana Migambi yatanze ikiganiro kirimo ubujyanama bugamije kunoza imikorere y'itorero ry'umudugudu no gutangira gutegura urugerero ruciye ingando 2020.



Itorero yr'umudugudu wa Kibingo ryasuwe rihabwa n'ibiganiro
Nyuma yo kungurana ibitekerezo no gusoza iyo nama abayobozi bo mu Karere hamwe n'itsinda rya NIC basuye itorero ry'umudugudu wa Kibingo mu kagari ka Rugogwe mu murenge waMuhororo.
Bashimye cyane ko abaturage batozwa neza kandi bakaba basobanukiwe na gahunda z'itorero ry'Igihugu ndetse bashima ibikorwa byinshi bibateza imbere bakorera mu ngamba zabo.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…
Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…
Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…
Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…
Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa Koperative Umuganga Sacco, intumwa ya Minisiteri y'Ubuzima, yayoboye inama…
Mu karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. Uyu munsi igikorwa cyabereye ku rwibutso…
Mu murenge wa Ndaro k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire…