Ngororero: intumwa ya RCS yasuye transit center ya Kabaya
Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Mukunduhirwe Benjamine yakiriye intumwa y'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe igororamuco Bwana BISENGIMANA Simeon waje gusura
Ikigo ngororamuco cy'ibanze cya Kabaya.
Ni mu rwego rwa gahunda ijyanye no gusobanura amabwiriza agenga ibigo ngororamuco n'ibigo ngororamuco by'ibanze.
Nyuma yo gusura ikigo cy'igororamuco cy'ibanze cya Kabaya hakurikiyeho kujya gusura imboni z'impinduka hagamijwe kureba ubuzima bwabo cyane cyane kureba uko biteje imbere bakorera mu matsinda.
Nyuma habayeho ikiganiro ku mikorere ya command posts z'ibigo ngororamuco ku rwego rw'Igihugu, Intara, Akarere n'umurenge. Hagaragajwe ibigenda neza n'ahari icyuho mu micungire ya transit Center ya Kabaya, hafatwa imyanzuro yo gukosora ibitameze neza.
Ikiganiro cyarimo abayobozi b'Inzego z'Umutekano zikorera mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge n'Umuyobozi wa transit Center ya Kabaya.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…