Ngororero: Imbaraga zikomeje gushyirwa mu gukemura ibibazoo bibangamiye iterambere ry'abaturage (Human security issues)
Itsinda riri kugenzura uko HSI bihagaze.
Itsinda rishinzwe gukurikirana ikemurwa ry'ibibazo bibangamiye iterambere ry'abaturage (Task force ya Human Security Issues) ku rwego rw’Intara iyobowe n’Umuyobozi w’Imiyoborere myiza n’imibereho y’Abaturage mu ntara y’Iburengerazuba Bwana Bisengimana Denis wari kumwe na :
-Major Richard KARANGWA /RDF
-Capt Alexis RUZIBIZA / Reserve Force
-CIP Solange NYIRANEZA / RNP
-KAMANAYO Philippe /NISS Karongi
baje kureba aho Akarere kageze gakemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage.
Bakiriwe na VM /FED Bwana Uwihoreye Patrick .
Nyuma yo kureba bimwe mu byakozwe n’Akarere muri HSI, bagiye mu imirenge ya Matyazo na Hindiro.
Hari hagamijwe kureba aho Akarere kageze kubakira abadafite aho kuba, abasaniwe amazu , isuku mu du centres, mu bigo by’amashuli, mu bigo by’ubuzima n’isuku muri rusange. Basanze hari ibyinshi byakozwe ariko ko ari ngombwa gukomeza gushyiramo ingufu mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…