Ngororero: Ibiza bidasanzwe byahitanye ubuzima bw'abantu binangiza byinshi

Kuwa 7/05/2020 ibiza byabaye mu Karere ka Ngororero byahitanye ubuzima bw'abantu 8 amazu 213 arasenyuka, imihanda n'ibiraro byangiritse kuburyo imihanda ihuza Akarere n'imirenge 9 kuri 13 igize Akarere itakiri nyabagendwa.
Abaturage batuye mu manegeka kimwe n'abasenyewe n'ibiza ubuyobozi bw'akarere bwabimuriye mu mashuli. Hari n'abacumbikiwe n'abaturanyi.
Umugezi wa Nyabarongo nawo wuzuye bidasanzwe ufunga umuhanda Ngororero-Muhanga wangiza n'imyaka yari ihinze mu kibaya cyawo.

Imibare yo kuwa 7/05/2020 iteye itya:

Abantu 5 bapfuye muri Matyazo   n'abandi 3 babuze ubuzima  mu murenge wa Kavumu.

Inzu 213 zasenyutse:
Ngororero 15
Gatumba 27
Kabaya 24
Matyazo 23
Bwira 42
Ndaro 4
Muhororo 10
Sovu 8
Kageyo 5
Nyange 3
Hindiro 13
Muhanda 18
Kavumu 21

AMAFOTO AGARAGAZA UKO IBIZA BITEYE HIRYA NO HINO MU MIRENGE

Imihanda ihuza imirenge ya Bwira, Gatumba na Muhororo yangiritse cyane

Kuri gare ya Ngororero                                            Umuhanda Gatumba- Ndaro- Nyange

                                                              Umuhanda Kavumu- Muhororo (Kazabe)

Umurenge wa Matyazo  Akagari kaRutare                Mu murenge wa Muhanda

                                                                                Umuhanda Kabaya-Muhanda

Mu murenge wa Ngororero                                       Ku muhanda werekeza kuri stade ya Ngororero

Nyabarongo yangije imyaka                                       Umuhanda Kavumu- Muhororo (Ku rutindo)

Umuhanda Ndaro-Nyange

                                         Amazu menshi yasenyutse

Amazu mu manegeka hepfo y'aho bita ku Kinamba


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->