Ngororero: Ibiza bidasanzwe byahitanye ubuzima bw'abantu binangiza byinshi
Kuwa 7/05/2020 ibiza byabaye mu Karere ka Ngororero byahitanye ubuzima bw'abantu 8 amazu 213 arasenyuka, imihanda n'ibiraro byangiritse kuburyo imihanda ihuza Akarere n'imirenge 9 kuri 13 igize Akarere itakiri nyabagendwa.
Abaturage batuye mu manegeka kimwe n'abasenyewe n'ibiza ubuyobozi bw'akarere bwabimuriye mu mashuli. Hari n'abacumbikiwe n'abaturanyi.
Umugezi wa Nyabarongo nawo wuzuye bidasanzwe ufunga umuhanda Ngororero-Muhanga wangiza n'imyaka yari ihinze mu kibaya cyawo.
Imibare yo kuwa 7/05/2020 iteye itya:
Abantu 5 bapfuye muri Matyazo n'abandi 3 babuze ubuzima mu murenge wa Kavumu.
Inzu 213 zasenyutse:
Ngororero 15
Gatumba 27
Kabaya 24
Matyazo 23
Bwira 42
Ndaro 4
Muhororo 10
Sovu 8
Kageyo 5
Nyange 3
Hindiro 13
Muhanda 18
Kavumu 21
AMAFOTO AGARAGAZA UKO IBIZA BITEYE HIRYA NO HINO MU MIRENGE


Imihanda ihuza imirenge ya Bwira, Gatumba na Muhororo yangiritse cyane


Kuri gare ya Ngororero Umuhanda Gatumba- Ndaro- Nyange




Umuhanda Kavumu- Muhororo (Kazabe)


Umurenge wa Matyazo Akagari kaRutare Mu murenge wa Muhanda


Umuhanda Kabaya-Muhanda


Mu murenge wa Ngororero Ku muhanda werekeza kuri stade ya Ngororero


Nyabarongo yangije imyaka Umuhanda Kavumu- Muhororo (Ku rutindo)


Umuhanda Ndaro-Nyange


Amazu menshi yasenyutse

Amazu mu manegeka hepfo y'aho bita ku Kinamba
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…