Ngororero: Ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage bikomeje gushakirwa abaturage
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 31/03/2026 abaye inama y’itsinda rishinzwe gukurikirana ikemurwa ry'ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturage ku rwego rw’Akarere.
Yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere, Bwana NKUSI Christophe, afatanyije n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu MUKUNDUHIRWE Benjamine.
Intego z’inama:
- Gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu nama iheruka yabaye ku wa 18 Gashyantare 2026;
- Kuganira aho imihigo ya HSI igeze ishyirwa mu bikorwa kugeza ku wa 31 Werurwe 2026;
- Kurebera hamwe ibyagaragaye mu isuzuma ryakorewe mu mirenge n’itsinda rya HSI ku wa 16–17 Werurwe 2026.
Inama yafashe imyanzuro ngenderwaho igamije kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo ya HSI y’umwaka wa 2025–2026 ndetse na gahunda y’isuku n’isukura.
Inama yitabiriwe kandi na:
Umuyobozi wa Reserve Force ku rwego rw’Akarere, Umuyobozi w'ingabo, Umuyobozi wa Polisi ku rwego rw’Akarere.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…