Ngororero: Food for Hungry yagobotse abagizweho ingaruka n'ibiza

Kuwa 30/07/2020. mu murenge wa Bwira umufatanyabikorwa Food for Hungry (FH) yatanze imfashanyo ku baturage bagizweho ingaruka na COVID-19. Hatanzwe  kgs 3.325  z'akawunga, toni 2.5  z'ibishyimbo, kg 900 za Shisha kibondo, amakarito160  z'amasabune n'amagare 20 y'abafite ubumuga.Byahawe imuryango 180, umuryango w'abantu 5 wahawe 20kg z'ibishyimbo, 25kg z'akawunga, 5tiges z'amasabune, umwana 1 utarengeje 5ans agahabwa 5kg za Shisha kibondo, ufite ubumuga agahabwa igare 1.

FH yari ihagarariwe n'abakozi bakuriwe Ndagijimana Prudence (Coordinator zone Ngororero na Muhanga). Uyu mufatanyabikorwa yabijeje ko bazakorana neza ibikorwa bijyanye n'uburezi, ubuzima, imibereho myiza no kuzamura imirire myiza, Ubuyobozi bwamwjeje ko buzakomeza gufatanya n'abaturage kubungabunga ibyo bazabagezaho byose kandi bushima inkunga bageneye abaturage cyane ko yaje mu gihe bari bayikeneye. Umurenge wari uhagarariwe na ES Habiyakare Etienne n'abakozi batandukanye bakorana barimo na DASSO, naho Akarere Kari bahagarariwe na NDAYAMBAJE Galois Vedaste, umukozi ushinzwe abafite ubumuga mu karere na V. Coordinator wa NCPD mu karere ka Ngororero.


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->