Ngororero: abatanze amazu arererwamo abana b'incuke mu midugudu barashimwa
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Iburengerazuba Madame Uwambajemariya Florence yagiriye uruzinduko rw'akazi mu karere ka Ngororero kuri uyu wa kabiri tariki ya 23/02/2020.
Yakiwe na Komite Nyobozi y’Akarere n’Inzego z’Umutekano zikorera mu Akarere
Yaje aje kureba ishyirwamubikorwa ry’umushinga wo kurwanya imirire mibi n’igwingira ( SPRP) ndetse n’aho Akarere Kageze mu iyubakwa ry’Amashuri
Nyuma yo kungurana ibitekerezo kuri izo ngingo, yasuye Ingo mbonezamikurire z’abana bato : Urugo mbonezamikurire rwo mu murenge wa Ngororero mu Akagali Ka Kazabe , Umudugudu wa Murambi
n'rugo mbonezamikurire rwo mu murenge wa Muhororo Akagali Ka Rugogwe, Umudugudu wa Nganzo
Yashimiye ababyeyi bemeye gutanga ingo zabo ngo zibe amarerero ndetse n ‘abakurikirana izo ngo, abasaba gukomeza kwitanga mu gukumira imirire mibi n’igwingira no gucunga neza ibikoresho bahawe.


Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…