Ngororero: Abashinzwe imibereho myiza mu mirenge barasabwa kunoza raporo ku bibazi bibangamiye iterambere ry'abaturage (HSI)

Uyu munsi kuwa 30/10/2019  kuva 10h30  kugeza 16h30,Kuri Guest House y'Akarere ka  Ngororero habereye inama yiga  Ku bibazo bya Human security no gufatira hamwe ingamba zo kubikemura  hanozwa imitangire ya rapport.

Inama yafunguwe VM/ FED Bwana Uwihoreye Patrick  yasabye abitabiriye Inama kubanza kumva kimwe ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’Abaturage, kubigira ibyacu , gukunda akazi no kwisuzuma buri munsi mu ibyo dukora  byose biganisha mu gukemura ibibazo byugarije abaturage dushinzwe.
Inama yitabiriwe kandi na :
-Vice Mayor ASOC
-Umuyobozi w'ishami ry'ubuzima
-Umuyobozi  w'ishami ry'iterambere ry'imibereho myiza y’Abaturage
-Umuyobozi  w'ishami rya  OSC
-Umukozi ushinzwe isuku n'isukura
Umukozi ushinzwe ECD
-Umukozi ushinzwe Ibarurishamibare
- Abakozi  bashinzwe imibereho myiza y'abaturage
Nyuma yo kungurana ibitekerezo ku Ingingo zaganiriweho , hafashwe imyanzuro ikurikira:
-Kunoza neza Consolidated Profling report ya HSI kuva 10/2017 kugeza ubu
- Gukora neza Consolidated Progress ya HSI kuva mu Ukwa 10/2017 kugeza ubu
- Gutanga report y’Imihigo progress ifite n’amaphoto ku amazu n’ubwiherero
- Kuzajya hatangwa buri Ukwezi Stutus y’amazu arimo kubakirwa abatishoboye badafite aho kuba hagaragazwa amazu yuzuye , akeneye isakaro, ageze kuri charpente, ageze kuri Fondation , arimo gusizwa ndetse n’adafite ibibanza
-Kubahiriza amabwiriza Agena Inama Na Descente za HSI Ku urwego rw’Umurenge n’Akagali
-Gukora buri kwezi raport igaragaza muri rusange Ishusho ya HS Mu umurenge ( Raport synthetique)
- Mu ugukumira imirire mibi n’igwingira, hibukijwe gukurikirana imikorere ya Home Based ECD, ababyeyi bagakangurirwa kujyana abana babo mu ingo mbonezamikurire zo Mu Imidugudu
- Kubahiriza gutanga raport ya Home Based ECD igaragaza uko abana bitabira buri munsi iyo raport itangwa kuwa 1 w’icyumweru gikurikiyeho
- Gukomeza gufatanya n’Abafatanyabikorwa batandukanye mu ugukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’ Abaturage
-Imirenge yibukijwe kwihutisha gutanga ibikoresho byagenewe imiryango yahuye n'ibiza, isabwa gukorana inama n'abo bagenerwabikorwa kugirango bihutishe gukora ibyo basabwa, mu rwego rwo  kugirango harebwe ibikoresho byasaguka bigakoreshwa muri HS
- Hanzuwe ko Abayobozi b’imirenge baha umwanya uhagije ba ASOC bakanoza neza rapports zavuzwe byaba ngombwa bagafashwa kugirango report zikorwe neza kandi zitangirwe igihe
-Raport  uko ari 3 zizatangwa le 1/11/2109
Mu ugusoza  Inama VM/ ASOC  Mme MUKUNDUHIRWE Benjamine yasabye abitabiriye inama kunoza neza  raporo zitangwa muri  HS kandi  zigatangirwa igihe mu ugukemura ibibazo  kandi zikagaragaza  ko koko hari aho tuva , tugeze kandi tugana aheza.


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->