Ngororero: abakozi b'utugari bashinzwe iterambere basabwe kurushaho gutanga serivisi nziza

Mayor Ndayambaje yasabye aba SEDOs kubahiriza amasaha y'akazi

Kuwa 6/11/2019 umuyobozi w'Akarere Bwana Ndayambaje Godefroid, VM ASOC abakuriye inzego z'umutekano, umuyobozi w'ishami rishinzwe abakozi n'amategeko bagiranye inama n'bashinzwe iterambere ry'utugali (SEDOs) 73.

Hasuzumwe imikorere n'imikoranire hagati ya SEDO n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'akagari, HSI, imihigo iri mu nshingano za SEDO.
Muri iyi nama aba SEDOs bagaragaje ingorane bahura nazo mu kazi nko kuba ba gitifu b'utugari batabaha amakuru ajyanye n'akazi.
Bwana Ndayambaje yavuze ko we na bagenzi be bakurikirana umunsi ku wundi imikorere n'imikoranire mu mirenge n'utugari kandi ko aho iitameze neza bigomba gukosorwa. Yabasabye kwita ku nshingano zabo bakarangwa n'ubunyangamugayo, bakirinda ruswa, bakaba intangarugero mu baturage bashinzwe kandi bakubahiriza amasaha y'akazi.

Col Ngarambe yasabye aaba SEDOs kugira ishyaka mu kazi
Umuyobozi w'ingabo mu turere twa Ngororero na Rutsiro Colonel James NGARAMBE yunze mu rya mayor Ndayambaje asaba ba CEDOs gushyira imbere inyungu z'abaturage, bakabaha serivisi zinoze. Ati murangwe no kugira ishyaka ryo gukora neza muteze imbere abo mushinzwe.

Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage madame Mukunduhirwe Benjamine yasabye abitabiriye inama kurushaho gukora ubukangurambaga abaturage bakishyura ubwisungane mu kwivuza ku gihe kandi bakirinda guhindura ibyiciro by'ubudehe kuko nta bubasha babifitiye.


Umuyobozi wa police mu karere SP Mayinga Alphonse yaburiye aba CEDOs bakira ruswa, biyandarika mubo bayobora ko batazongera kwihanganirwa.

DPC SP Mayinga ngo ruswa irazira                                        Vm ASOC Mukunduhirwe yasabye                                                                                                     SEDOs kunoza ubukangurambaga.      
                                                                                                                                         

vm Asoc Mukunduhirwe yasabye aba SEDOs kunoza ubukanguramaba mu baturage


Ngororero: isuku igomba kuba umuco mu gukumira indwara ziterwa n'umwanda


Kuri uyu wa gatandatu tariki 2/05/2026 mu Karere ka Ngororero habereye inama igamije gushimangira ikurikiranwa n’ingamba zo kurwanya indwara ya…

Read more →

Ngororero: CLADHO mu rugamba rwo guhangana n'imihindagurikire y/ibihe

Ihuriro ry’Imiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda
(CLADHO: Collectif des Ligues et Associations de Défense des Droits de l’Homme au…

Read more →

Ngororero: Tony Blair Institute irateganya kuzatanga amahugurwa y'abayobozi b'inzego z'ibanze

Itsinda ryaturutse muri Tony Blair Institute ryaje mu Karere ka Ngororero aho ryaje gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'imikorere y'inzego .z'ibanze…

Read more →

Ngororero: VCRP irasaba abagenerwabikorwa bayo gusigasira ibyagezweho

Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…

Read more →

Ngororero: VCRP irasaba abagenerwabikorwa bayo gusigasira ibyagezweho

Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana UWIHOREYE Patrick yayoboye inama ya Komite y'Akarere ishinzwe gukurikirana…

Read more →

Ngororero: Abayabozi b'amashuli bibukijwe gukumira icyakurura ingengabitekerezo ya Jeniside mu mashuli

Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madamu Mukunduhirwe…

Read more →

Ngororero: Abajyanama b'ubuzima bagiye kuba abanyamuryango ba Koperative UMUGANGA SACCO

Umuyobozi w'Akarere @cnkusi20 ari kumwe n'Umuyobozi Mukuru wa Koperative Umuganga Sacco, intumwa ya Minisiteri y'Ubuzima, yayoboye inama…

Read more →

Ngororero: Perezida wa Sena yunamiye inzirikarengane ziruhukiye mu rwibutso rw Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Nyange

Mu karere ka Ngororero ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje. Uyu munsi igikorwa cyabereye ku rwibutso…

Read more →

Umurenge wa Ndaro: Bahawe inkoko zizafasha kurwanya imirie mibi n'igwingira


Mu murenge wa Ndaro  k'ubufatanye n'umushinga SAIP II hatanzwe inkoko 1800 z' amagi ku miryango 450.
Iki gikorwa kiri mu rwego rwo kurwanya imirire…

Read more →
-->