Ngororero: abakozi b'utugari bashinzwe iterambere basabwe kurushaho gutanga serivisi nziza

Mayor Ndayambaje yasabye aba SEDOs kubahiriza amasaha y'akazi

Kuwa 6/11/2019 umuyobozi w'Akarere Bwana Ndayambaje Godefroid, VM ASOC abakuriye inzego z'umutekano, umuyobozi w'ishami rishinzwe abakozi n'amategeko bagiranye inama n'bashinzwe iterambere ry'utugali (SEDOs) 73.

Hasuzumwe imikorere n'imikoranire hagati ya SEDO n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'akagari, HSI, imihigo iri mu nshingano za SEDO.
Muri iyi nama aba SEDOs bagaragaje ingorane bahura nazo mu kazi nko kuba ba gitifu b'utugari batabaha amakuru ajyanye n'akazi.
Bwana Ndayambaje yavuze ko we na bagenzi be bakurikirana umunsi ku wundi imikorere n'imikoranire mu mirenge n'utugari kandi ko aho iitameze neza bigomba gukosorwa. Yabasabye kwita ku nshingano zabo bakarangwa n'ubunyangamugayo, bakirinda ruswa, bakaba intangarugero mu baturage bashinzwe kandi bakubahiriza amasaha y'akazi.

Col Ngarambe yasabye aaba SEDOs kugira ishyaka mu kazi
Umuyobozi w'ingabo mu turere twa Ngororero na Rutsiro Colonel James NGARAMBE yunze mu rya mayor Ndayambaje asaba ba CEDOs gushyira imbere inyungu z'abaturage, bakabaha serivisi zinoze. Ati murangwe no kugira ishyaka ryo gukora neza muteze imbere abo mushinzwe.

Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage madame Mukunduhirwe Benjamine yasabye abitabiriye inama kurushaho gukora ubukangurambaga abaturage bakishyura ubwisungane mu kwivuza ku gihe kandi bakirinda guhindura ibyiciro by'ubudehe kuko nta bubasha babifitiye.


Umuyobozi wa police mu karere SP Mayinga Alphonse yaburiye aba CEDOs bakira ruswa, biyandarika mubo bayobora ko batazongera kwihanganirwa.

DPC SP Mayinga ngo ruswa irazira                                        Vm ASOC Mukunduhirwe yasabye                                                                                                     SEDOs kunoza ubukangurambaga.      
                                                                                                                                         

vm Asoc Mukunduhirwe yasabye aba SEDOs kunoza ubukanguramaba mu baturage


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->