Ngororero: abakozi b'Akarere batanze umuganda wo kubakira abatishoboye
Umuganda wahuje abakozi b'akarere n'amasibo y'Umudugudu wa Gatare mu kagari ka Nyange mu murenge wa Ngororero.
Wabaye mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo ku bibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage(HSI) bubakira abaturage batishoboye amazu 28.
Hatunzwe amabuye n'amatafari byo kubaka ayo amazu.
Nyuma y'umuganda Umuyoboozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Madame Mukunduhirwe Benjamine wari uhagarariye umuyobozi w'Akarere yatanze ubutumwa bwerekeye:
-icyumweru cyahariwe ubuzima bw'umubyeyi n'umwana
-gukumira COVID-19
-kwishyura ubwisungane mu kwivuza.
Yatangaje ko abakozi b'Akarere bakusanyije inkunga ya 1,800,000 frs azafasha mu guhemba abafundi bari kubaka ariya mazu.
Nyuma y'umuganda kandi habaye inama y'abacuruzi bo mu murenge wa Ngororero
Ingingo zaganiriweho :
-Umutekano ,
-gukumira covid-19,
-ubwisungane mu kwivuza,
-suku
-kwesa umuhigo wo kubakira abatishoboye.
UMUGANDA W'ABAKOZI MU MAFOTO






Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…