Ngororero: abahoze mu ngabo z'igihugu n'abavuye mu mashaymba ya Congo bibukijwe guharanira iterambere ryabo
Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe ari kumwe na Major General (Retired) Jacques Nziza wari uyoboye intumwa za Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu ngabo z'igihugu n'abavuye mu mashyamba ya Congo, yayoboye inama yahuje inkeragutabara zibarizwa mu Karere ka Ngororero.
Barebeye hamwe uburyo inkeragutabara bakomeza kwiteza imbere haba mu bukungu haba mu mibanire n'abandi no gukomeza uruhare rwabo mu kubungabunga umutekano aho batuye.
Nyuma bigabanijemo amatsinda baganira ku ngingo zikurikira:
- uruhare rw'abitabiriye inama mu kwakira no gufasha abagomba gusubira mi buzima busanzwe;
- ibyakozwe mu bufasha bwo gusubira mu buzima busanzwe
- imbogamizi abasubiye mu buzima busanzwe bahura nazo.
- uburyo abasubiye mu buzima busanzwebakangurira abakiri mu mashyamba gutaha.
Inama yitabiriwe kandi n'abandi bagize Komite Nyobozi y'Akarere, abahoze ari abayobozi mu nzego zitandukanye, abayobozi b'nzego z'umutekano zikorera mu Karere, abavuga rikumvikana, abakozi b'imirenge bashinzwe iamri n'ubutegetsi, abayobozi b'amadini, abikorera n'abandi bafattanyabikorwa b'Akarer.
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…