Bwira na Kabaya: urubyiruko rw'abakorerabushake mu bikorwa byo gukumira Coronavirus
Kuri uyu wa 16/05/2020 guhera saa 9h00' kugeza 14h00'
Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Kabaya, akagari ka Kabaya rwakoze igikorwa cyo gukomeza gushishikariza abaturage kwirinda icyorezo cya Corona Virus bakomeza:
1.gukaraba intoki n'amazi meza ndetse n'isabune.
2. Kwambara neza agafuka munywa bakurikiza amabwiriza ndetse birinda abatubuzi.
3. Gukomeza kubahiriza amabwiriza ya leta ajyanye no gukumira ikwirakwira rya Covid 19 harimo gukomeza kubahiriza gahunda ya metero bategeranye aho bahurira


Mu murenge wa Kabaya Mu murenge wa Bwira
Muri iki gitondo cyo kuwa 17/05/2020 Urubyiruko rw'abakorera bushake mu murenge wa Bwira akagari ka Kabarondo ruri mu bukangurambaga bwo kwirinda no gukumira icyorezo cya CORONA VIRUS mu isoko rya Kayebe kuri ibi bikurikira:
- urubyiruko rwahawe udupfukamunwa rujya impande zose zinyuramo abantu kugirango buri wese akabone mu buryo bworoshye
- Abandi bari kujya bongera amazi muri kandagira ukarabe
Igikorwa kiracyakomeje kugeza saa cyenda isoko riremuye


Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Bwira


Urubyiruko rw'abakorerabushake mu murenge wa Kabaya
Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…