Amazu yubakirwa abatishoboye agomba kuzuza ibisabwa n'Ikigo cy'Igihugu cy'imiturire(RHA)- ACP Muhisoni Rose
Kuwa 06/12/2019 kuva 11h00-17h00 Itsinda rya Task Force ya Human Security ku rwego rw'igihugu ryaje riyobowe na ACP Rose Muhisoni ari kumwe n'umukozi wa MINALOC Bwana Rushisha Charles baherekejwe na
-Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero Bwana Ndayambaje Godefroid
-V/M ASOC Mme Mukunduhirwe Benjamine
-Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima Mme Mukamana Soline
-DPCEO J.B Mugenzi
-SSgt Yoboka J.L;

Bamaze kugirana inama na Task Force ya HS ku rwego rw’Akarere, basuye imirenge ya Matyazo na Muhororo kureba aho imirenge igeze ikemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage n’imitangire ya raporo y’ibikorwa byakozwe. Bakiwe n’abayobozi b’iyo mirenge yasuwe.
Kuri terrain harebwaga:
-Imikorere ya Task Force ya HS ku urwego rw’umurenge n’akagali
- Kureba niba raporo zagiye zitangwa ku karere zihuye n’izo batanze mu mirenge
- Kureba niba raporo za Descente zakozwe na Team ya HS ku rwego rw’umurenge n’akagali zuzuje ubuziranenge
- Gusura ibikorwa byakozwe n’imirenge mu imihigo ya HS 2019/2020
-Nyuma y’igenzura habayeho kugira inama.
•Muri rusange, basanze hari ibyakozwe ariko ko hari byinshi byo gukomeza gushyiramo imbaraga mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’Abaturage. ACP Muhisoni akaba yasabwe ko amazu yubakirwa abatishoboye yakurikiza amabwiriza yatanzwe n'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe imiturire RHA

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…
Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…
Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…
Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…
Habaye inama ya komite mpuzabikorwa y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…
Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…
Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…
Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…
Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero hasojwe imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.
Ibyaranze igikorwa:
-…