Amazu yubakirwa abatishoboye agomba kuzuza ibisabwa n'Ikigo cy'Igihugu cy'imiturire(RHA)- ACP Muhisoni Rose

Kuwa 06/12/2019 kuva 11h00-17h00 Itsinda rya Task Force ya Human Security ku rwego rw'igihugu ryaje riyobowe na ACP Rose Muhisoni ari kumwe n'umukozi wa MINALOC Bwana Rushisha Charles baherekejwe na
-Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero Bwana Ndayambaje Godefroid
-V/M ASOC Mme Mukunduhirwe Benjamine
-Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima Mme Mukamana Soline
-DPCEO J.B Mugenzi
-SSgt Yoboka J.L;


Bamaze kugirana inama na Task Force ya HS ku rwego rw’Akarere, basuye imirenge ya Matyazo na Muhororo kureba aho imirenge igeze ikemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage n’imitangire ya raporo y’ibikorwa byakozwe. Bakiwe  n’abayobozi  b’iyo mirenge yasuwe.
Kuri terrain harebwaga:
-Imikorere ya Task Force ya HS ku urwego rw’umurenge n’akagali
- Kureba niba raporo zagiye zitangwa ku karere zihuye n’izo batanze mu mirenge
- Kureba niba raporo za Descente zakozwe na Team ya HS ku rwego rw’umurenge n’akagali  zuzuje ubuziranenge
- Gusura ibikorwa byakozwe n’imirenge mu imihigo ya HS 2019/2020
-Nyuma y’igenzura habayeho kugira inama.
•Muri rusange, basanze hari ibyakozwe ariko ko hari byinshi byo gukomeza gushyiramo imbaraga mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’Abaturage. ACP Muhisoni akaba  yasabwe ko amazu yubakirwa abatishoboye yakurikiza amabwiriza yatanzwe n'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe imiturire RHA


Ngororero: Urubyiruko rwibukijwe gukomera ku bumwe bw'Abanyarwanda

Inteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko yateranye ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda.”
Yafungu…

Read more →

Ngororero: NEC yagabiye inka 8 imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) bagabiye inka umunani zifite agaciro ka miliyoni 10 (10,000,000 frws) imiryango y’abarokotse…

Read more →

Ngororero: Hafashwe ingamba zo gukumira Rift Valley Fever

Inama yo guhuza ibikorwa byo gukumira no kurwanya indwara y’Ubushita bwo mu Kibaya cya Rift (Rift Valley Fever – RVF) yabereye mu Karere ka Ngororero,…

Read more →

Ngororero: Urugamba rwo kurandura imirire mibi rurakomeje

Habaye inama kuri Gahunda y’Akarere yo Kurandura Imirire Mibi, iyoborwa n’Umuyobozi Wungirije w’Akarere ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu…

Read more →

Ngororero: inama mpuzabikorwa yarebye mu nguni zose z'ubuzima bw'Akarere.

Habaye inama ya komite  mpuzabikorwa  y’Akarere yabereye kuri Sitade y’Akarere  ifite insanganyamatsiko igira iti: “Imiyoborere Myiza ishingiye ku…

Read more →

Ngororero: Bene amacumbi basabwe gukumira ihohotera rishingiye ku gitsina.

Mu Murenge wa Ngororero no ku ruganda rw’icyayi rwa RUBAYA ruri mu Murenge wa Muhanda, itsinda riyobowe na Visi Meya Mukunduhirwe Benjamine bakoze…

Read more →

Umurenge wa Matyazo: Basabwe kwihutisha dosiye zerekeye ingurane

Visi Meya ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Patrick UWIHOREYE, afatanyije n’Umuyobozi wa OSC, basuye Umurenge wa Matyazo bagirana ibiganiro…

Read more →

Ngororero: Hasesenguwe intambwe imaze guterwa mu gukemura ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y'abaturge

Habaye inama y’Itsinda rishinzwe gukurikirana ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (HSI Task Force) ku rwego rw’Akarere, iyobowe na Meya…

Read more →

Ngororero: JADF iIsangano yongeye kugaragaza uruhare rwayo mu iterambere ry'Akarere

Kuri Stade y'Akarere ka Ngororero  hasojwe  imurikabikorwa ry'iminsi 3 ry'abafanyabikorwa bibumbiye muri JADF ISANGANO.

Ibyaranze igikorwa:

-…

Read more →
-->