Ngororero: Umunsi w'ibiribwa kw'isi waranzwe no kugaburira abana indyo yuzuye
Kuri uyu wa 28/10/2025 umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa ku isi wizihirijwe mu murenge wa Ngororero aho umushyitsi mukuru yari Umuyobozi w'Akarere Bwana NKUSI Christophe wari kumwe n'intumwa y'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Biribwa ku isi WFP Madame Nyirampeta Solange.
Insanganyamatsiko y'umunsi iragira iti "Duhuze imbaraga duteze imbere imirire myiza n'ejo heza".
Umunsi waranzwe no koroza inka abaturage muri Gahunda ya Girinka munyarwanda no kugaburira abana indyo yuzuye.
Intumwa ya WFP yakanguriye abaturage gukora cyane bakarandura burundu imirire mibi ikigaragara mu miryango imwe n'imwe.
Asoza ibi birori Umuyobozi w'Akarere Bwana Nkusi Christophe
yagaragaje aho Akarere kageze kihaza mu biribwa ashishikariza abaturage kurushaho kwitabira umurimo kugirango bakomeze kwihaza mu biribwa bahinga kijyambere kandi ku gihe ibihingwa bitandukanye kandi ku buso bunini.
Ibirori byitabiriwe kandi n'intumwa za World Vision, abayobozi b'Inzego z'Umutekano zikorera mu Karere, abayobozi n'abaturage b'umurenge wa Ngororero.
Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeje mu Karere ka Ngororero.
Uy munsi ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi…
ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 birakomeje.
Muri uyu mwanya harimo kwibukwa abari abakristo b'Itorero ADEPR…
Itsinda ry'Abasenateri bo muri Komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage, Uburezi, ikoranabuhanga n'Urubyiruko riyobowe na Hon. Dusingizemungu Jean…
Uyu munsi tariki ya 3 Kamena 2026 muri Hoteli FALIBA, habereye amahugurwa ku ikoreshwa ry’ifu y’ibigori byuzuye kandi byongewemo intungamubiri…
Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…
Kuri uyu wa 02 Kamena 2026, hasuwe zimwe mu nzu zubakiwe abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza mu Karere ka Ngororero hagamijwe kureba inkunga bahawe,…
Kuri uyu wa 02 Kamena habaye inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ubuyobozi bw’Imirenge ya Kabaya, Ngororero, Gatumba na Nyange, ndetse…
Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi wabereye mu murenge yose igize Akarere ka Ngororero.
Ku rwego rw'Akarere wabereye mu murenge wa Gatumba…
GS Muhororo yo mu Murenge wa Gatumba yizihije Yubile y'imyaka 75 imaze ishinzwe.
Uyu muhango witabiriwe n’abashyitsi batandukanye. Ubuyobozi bw’Akarere…